Actual number of songs played today:4721
Wednesday 10th of March 2010 11:53:56 PM

Clip Video nshya z'umuhanzi Kitoko: Yatugejejeho iy'indirimbo ye yitwa YOU !

Posted:2010-03-10 by Nelly and Gustave

".....Agasaro,agaseke,akarabo,akabeho,akabuye,akayobe n'agatwenge; nzagukwa Diyama ugende muri Hamer wibagirwe amaguru, ngucane nk'agatara abanzi bazasara bicwe no kuganya.Nzakugeza kure nkwereka ABAJAMA,nkwimike ubugeni kandi njye nzemera ungendane nk'inkoni....."

Aya ni amagambo yumvikana muri iyi ndirimbo aho KITOKO ayavuga ayasukiranya bikaryohera amatwi ku buryo iyi ndirimbo ari imwe muzikunzwe cyane tutibagiwe iyitwa AGAKECURU na yo ikundwa cyane.

Kitoko rero bamwe bemeza ko ari we kizigenza muri Afrobeat yo mu Rwanda,afite indirimbo zikundwa n'abantu b'ingeri zose.

Uyu muhanzi ubwo yavaga I Burundi gukora izi ndirimbo ziri kuri Albnum ye yise Ifaranga yahise atangaza ko agiye gukora Clip video zazo zose ku buryo byari kugera kuri Launch ye zararangiye ariko si ko byagenze kuko Launch yarabaye abantu baninubira uburyo atabaririmbiye indirimbo ze zose kandi bari baje kumureba.

Kuri we rero ngo umugambi koko ni ko wari umeze ariko ngo hagiye hivangamo ibibazo b[...]

Read more about this article

Comments(0) posted, last by nobody on any day.


TOP5SAI yashyize video clip y'indirimbo ya Groupe Urban Boyz SINTUZA REMIX ahagaragara.

Posted:2010-03-10 by Joseph (Article from Top5Sai)

TOP5SAI inejejwe no kugeza kubanyarwanda bakunda muzika indirimbo y'amshusho nshya ya Groupe Urban Boyz ariyo SINTUZA REMIX. Iki gikorwa kikaba ari kimwe mubigize gahunda y'imikoranire hagati ya TOP5SAI na Groupe Urban BOYZ yatangajwe mu minsi ishize.

Iyi ndirimbo nayo ikaba ikoranwe ubuhanga ndetse ikaba no kurwego rw'ama clips mpuzamahanga urebye aba basore ba Urban Boyz muri ino ndirimbo ntiwatinya kubagereranya na P Square mundirimbo zabo z'amashusho bakoreye m' Ubwongereza cyangwa se mu gihugu cy'Afurika y'Epfo bitewe n'uburyo iyi ndirmbo yitondewe kandi ikitabwaho ku buryo bwose haba mu myambarire, haba kubakinnyi bayigaragaramo, haba ahantu amashusho agiye afatirwa ndetse n'ibikoresho biyigaragaramo byose bikaba bigaragaza urwego rushimishije abanyarwanda bamaze kugeraho muri musica.

Ikindi cyihariye muri ino ndirimbo ni uko hagaragaramo abandi bahanzi batari abo muri Urban Boyz baza kwifatanyana n'ino groupe muri ino clip nka Ziggy 55 wo muri The Brothers, Passy, Kamishi, Bull Dog wo muri Tuff Gang n'abandi ntitwakwibagirwa kandi n'abakobwa b[...]

Read more about this article

Comments(0) posted, last by nobody on any day.


Umuhanzi Jack B ati" Ndahari nuko nari nibereye muri Studio"

Posted:2010-03-08 by Nuwayo Andre

Rugamba Jack uzwi cyane nka Jack B, yamenyekanye cyane mu ndirimbo Urihe yakunzwe cyane mu minsi yashize, kuri ubu arabarizwa muri Kigali Independent University (ULK).
Twaramwegereye agira icyo adutangariza kuri gahunda ze muri ino minsi. Nkuko yatangiye abitubwira, Jack B ngo ntiyigeze azima ahubwo yari ahugiye muri Studio ategura indirimbo ze nshya. Yagize ati "ushobora gukora indirimbo mu isaha kimwe nuko wayikora umwaka wose".
Jack B akaba aherutse gusohora indirimbo yise HUMURA; iyi ndirimbo ikaba iri gukundwa cyane kuko na clip video yayo ubu iri muri top 10 kuri TVR.
Jack B yakomeje adutangariza ko ubu ngubu ari gukorana cyane na The Ben mu gutegura launch ya album ya The Ben izaba mu kwa munani. Ahangaha ngo abakunzi be bazamubona cyane kuko n'ubundi asanzwe ari muri crew y'ababyinnyi ba The Ben.
Aha tukaba twababwira ko mu cyumweru gishize yasohoye indi ndirimbo nshya yise "ICYIFUZO"iyi akaba yarayikoranye na Ziggy5[...]

Read more about this article

Comments(0) posted, last by nobody on any day.


Album BYANGE BIKUNDE YA I.PAULIN NA M-LAMBERT iri bugufi.
Niyo yanyuma bazaba bakoze mu kinyarwanda.

Posted:2010-03-09 by Joseph
Mu mishi ishize twabagejejeho amakuru twakeshaga Sonia umwe mu bagize Music Label Chan_son yo mu Bubiligi kubijyanye na group ya I.Paulin na M-Lambert kuri launch ya Album yabo BYANGE BIKUNDE.
Ku munsi w'ejo rero Sonia na none yatangarije inyarwanda.com ko I.Paulin na Lambert bamaze gusohora kuri internet market (amazon.com na amazon.fr) single yabo ya mbere Bansange izaba iri kuri album yabo ya kabiri " Byange Bikunde". Video y'iyo ndirimbo ikaba izasohoka mu cyumweru gitaha. Kubibaza rero aho iyo album igeze , record y'amajwi yararangiye naho mixing izarangira icyi cyumweru. Muri macye hasigaye mastering izakorerwa mu bufaransa guhera itariki ya 27 z'uku kwezi. I. Paulin na M-Lambert bakaba bavuga ko bari gukora ibishoboka byose kuri iyo album kuko azaba ariyo ya nyuma bakoze indirimbo zose ziri mu kinyarwanda.Nyuma bazatangira kuririmba mu cyongereza kugirango bamenyekane ku isi yose. Byange Bikunde izatuma basiga Izina mu banyarwanda n'abarundi aho bari hose, nyuma ngo bandike izina ku isi yose.

Ibi rero ni intabwe nziza bateye yo gushaka kwigaragaza ku isi hose, aho [...]

Read more about this article

Comments(0) posted, last by nobody on any day.

Igitaramo cya Books for Africa cyitabiriwe n'abantu bake cyane ariko hagaragayemo udushya twinshi-UDUKINGIRIZO TWATANZWE NK'UMUGATI MU KIRIZIYA!

Posted:2010-03-08 by Nelly Wilson

Nkuko twari twabitangarijwe ni umuyobozi wa Books for Africa, ni uko hari gahunda yari yateguwe yitwa umutima ufasha yo kuvana ibitabo byaheze muri America biza mu Rwanda. Muri iyi gahunda , hari hateganyijwe Concert ku wagatanu tariki ya 05/03/2010 kugirango hakusanywe inkunga yo kuzazana ibi bitabo.

Nkuko byagaragaye , ni uko iki gitaramo kitabiriwe n'abantu bake kandi nkuko byari byagaragaye kuri affiches harimo abahanzi b'ingeri zose kandi bakunzwe muri iyi minsi .Gusa muri bimwe mu byahagaragaye ni uko ino concert yari irimo abera benshi bakaba barawuconze kakahava.


Photo:Abazungu babyinnye Hip hop nyarwanda karahava.

Dj Khaled na Dj Bisoso nibo barimo basunika ingoma ariko bisoso aho bigeze ajya mu bafana maze arawukata inkweto irahengama.


Photo:Bisoso

Ahagana mumasaha ya saa tatu n'igice udukingirizo twaratanzwe , buri wese wari witabiriye ik[...]

Read more about this article

Comments(0) posted, last by nobody on any day.


Umuhanzikazi Paccy ati:"Hanze aha hari ibihuha byinshi,ukuri ntako,...." INDIRIMBO YE NSHYA !

Posted:2010-03-07 by Gustave Nkurunziza
Mu minsi ishize ubwo yatugezagaho Clip Video y'indirimbo ye Boom Boom,Paccy yari yatubwiye ko hari indi indirimbo yari ari gukora. Iyo ndirimbo rero yageze hano ku Inyarwanda.com akaba yarayise GANGSTER LOVE. Humvikanamo ijwi rimaze kumenyekana ry'umusore wo muri Tough Gangs bita Jay Polly hamwe n'ijwi ry'umukobwa bita Knowless,ikaba yarakozwe na Producer JUNIOR ukorera muri Unlimited Records Studio aho Lick Lick yahoze akorera.


Umva iyo indirimbo ya Paccy HANO.
[...]

Read more about this article

Comments(0) posted, last by nobody on any day.

1 2 3 4 Next
AMAFOTO:ITORERO INYAMIBWA
Ads by Inyarwanda
Top 10 most played in 2010

1

Inkoramutima by Meddy
Played: 17776 times



2

Cyamunara by The brothers
Played: 7743 times



3

Inzozi by King James
Played: 5857 times



4

Burundu by The Ben ft Dany
Played: 5592 times



5

Hewani by Miss Channel
Played: 4936 times



6

In My heart by Jayels Family
Played: 4830 times



7

Parlez by N G The general
Played: 4617 times



8

Garuka by Tom Close
Played: 4370 times



9

MPOBERA by Brothers
Played: 4296 times



10

Mugihirahiro by Jay Polly ft P.Priscilla
Played: 4148 times




Indirimbo 4 zishyizweho vuba

1

Nyakwezi (inanga) by Sebatunzi
Played: 15 times



2

Inkongoro y\'umushimusi by Tuff Gangz
Played: 41 times



3

Igipimo by Meddy
Played: 570 times



4

Urabizi by DJ Pajoe ft Aduth
Played: 73 times



Google Ads
...........................................................................

Traffic Counter
hit counter
hit counter

Home - About Us - Services - Links - Contact
© Inyarwanda