Uyu muhanzi abenshi bahamyako yatangiriye mu ndirimbo ziramya Imana ,ku munsi wo kwibohora kimwe nk'abandi bahanzi benshi bo mu Rwanda yabonye contract yo kuririmbana n'abahanzi bari batumiwe bavuye muri
Uganda ndetse numwe wavuye mu gihugu cy'u Burundi,aha intego yari iyo gushimisha abakunzi be gusa ntago ariko byaje kumugendekera kuko yaje gukubitwa n'inkuba ubwo yumvaga uwateguye ibirori ahamagawe ngo azamuke kuri stage agire icyo avuga ,yahise atangaza ko igitaramo
cyari giteganyijwe ko kitakibashije gukomeza impamvu ntayindi ni ukubera ikibazo cy'umutekano nkuko ukuriye police muri ako gace stade ihereyemo yabitangaje. Ibyo byatumye ahava ataririmbye kandi yari yahageze kare dore ko byagaragaraga ko yari yabyamabariye. Abakurikiranira hafi nk'itagazamakuru
ryandika kubyerekeranye na muzika baje gutangaza ko ku munsi wo ku wa mbere yaba yarahise arwara. Umwe mubanyamakuru bakorera kinyamakuru kigenga, kuri telephone yamubajije ikibazo ati
wabyakiriye ute nyuma yo kutaririmba muri iriya concert. The Ben yasubije ati ukuntu nari nubashywe nabayiteguye ,ndetse nukuntu nari niteguye, nababaye bidasubirwaho ariko biriya bibaho; gusa ibyo numvishe ni ibihuha byuko kurwara aribyo byanteye kurwara ati sibyo rwose ni uko bisanzwe kurwara maraliya
nawe wayirwara.
Aha twarangiza tubwira ko uyu afite gahunda yo gukora indirimbo na Michael Ross wo muri Uganda nyuma yo kubyumvikana ho.
KPasco on 2010-01-12 "ehhh ibintu nihatari !!!!!!!"
KPasco on 2010-01-12 "wonderfull !!!!!!!1"
gpeace on 2010-01-11 "that was really wonderful on yr bday,u really deserved it!je te souhaite toutes les bonnes choses de la vie et pleine de benedictions sur ta vie......"
Murungi on 2010-01-11 "
Whoa The Ben ndabona birthday yawe yari hatari. Nonese ko nta ndirimbo nshya uherutse kutugezaho? Kandi n'ukuri uri 1 mubo nera indirimbozawe hamwe n'umutima w'imbazi ujyira. God bless u and keep u in safe. Your big fan from the USA"
uwiprovy@yahoo.fr on 2010-01-11 "The Ben I like your voice. uririmba neza pe."
uwiprovy@yahoo.fr on 2010-01-11 "The Ben congratulations kuko njye nezezwa no kubona utera imbere kandi iyo ugize ibihe ibyiza ndishima. courage my brother."
DIANE on 2009-08-13 "nagupenda sana ufite ijwi ryiza urimwiza mbese uri umusore pee komerezaho i am ur fan"
Issac on 2009-07-23 "turi kumwe ku ya 1 AUgust!!!"
shimwa on 2009-07-22 "ndakwemera"
Jean Paul on 2009-07-22 "Ufite Musics nziza kandi ndabona ukatagaje courage turagushyigikiye kandi turi kumwe 01/08/09.
"
migimarley on 2009-07-22 "big up man"
Tom on 2009-07-21 "Man am ur Fan kandi komerezaho u da best.terimbere mubwenge mubuhanzi no mugukundimana kuko niyo itanga byose harimo ijwi no gukundwa nabaryumva.PEACE"
luqman on 2009-07-21 "biranshimishije,kubona
abahanzinyarwanda babonye ijwi ribamenyekanisha hanze yu rwanda
no mumahangayose
ariryo iyi CITE."
amata on 2009-07-21 "ariko burya uri keza"
sisili on 2009-07-21 "yebaba wendakwemera"
umutoni.fifi on 2009-07-21 "the ben turakwemera cyane tu es mon star prefere."
micomyiza on 2009-07-20 "ben bite byawe man?"
kananga on 2009-07-20 "Sans blague ndahamya ko the Ben ari the Best R&B singer in rda!"
Ishilia on 2009-07-20 "umva man urarenze ku ijwi ryawe donc ni ryiza bya trop"
kananga on 2009-07-20 "Sans blague ndahamya ko the Ben ari the Best R&B singer in rda!"
eric mike ngabo on 2009-07-20 "Mr the ben l like so much your voice"
googo on 2009-07-20 "hey like you so much"
immaculee on 2009-07-19 "the ben you are the best singer i ever seen because of your voice .continue like that.your fan imma"
Lucky on 2009-07-19 "THE BEN(I LOVE U)gusa uracyeye cyane kabisa uri kuri fraicheur ziteye ubwoba kabisa gusa ndifuza kukubona amaso ku maso.ok komeza ugubwe neza Imana ikomeze ikurinde."
HONOLE on 2009-07-19 "yor ulbum will be hot big up ma man
WHATA GWAN"
TUMAINI on 2009-07-19 "Uracyeye kabisa.gusa dushimishwa no kumva ibihangano byawe.ongeramo akabaraga"
djbebeto on 2009-07-19 "amakuru yanyu se wangu?
"
TUMAINI on 2009-07-19 "Uracyeye kabisa.gusa dushimishwa no kumva ibihangano byawe.ongeramo akabaraga"
Amani on 2009-07-19 "the ben is the best rnb singer in the land of thousand hills , I personally love the way he sings . I also thank all those who contributed so that we can get this wesit , ndabashimiye . "