Umuririmbyi uzwi ku zina rya The Ben, izina rye nyaryo ni Mugisha Ben, yavutse ku itariki ya 9/01/1988. Yavukiye muri famille ikunda Imana, kuburyo yahereye akiri umwana aririmba muri Charal. Guhera icyo gihe The ben yakomeje kuririmba muri choral zitandukanye kugeza kuri 2008 ubwo yaje kwinjira mu muziki aririmba indirimbo zitandukanye; iya mbere yaririmbye ni Amaso ku maso yasohoye mu kwa munani 2008. Aririmba muri Choral The Ben yaririmbanye na Meddy, Lick Lick ndetse na Nicolas; aba bose mu kaba mubazi mu muziki muri ino minsi.
The Ben agifata icyemezo cyo guhindura ubwoko bw'umuziki yakoraga, yaje kugenda ahura n'ibimugora birmo imyumvire y'ababyeyi bavugaga ko agiye guhinduka akangirika kuko yari yararezwe nk'umukiristu.Ikindi cyamugoye agitandira music ye ni ubushobozi bwo kujya muri studio bujyanye n'amafaranga. Nyuma y'ibyo bigeragezo Ben yaje gushobora gusohora indirimbo ya mbere ye yitwa AMASO KU MASO, irakundwa cyane maze bimugaragariza icyizere cyo gukomeza.
The Ben abantu benshi bazi ko avukana na Tom close, mu by'ukuri relation zabo ntabwo ziri direct ariko bari muri famille imwe k'uburyo bashobora kwitana cousins. Tom Close yareranywe na The Ben, biganye umuziki ariko Tom close we yatangiye kuririmba muri rusange mbere ya The Ben, ariko Ben atangaza ko mu ndirimbo za Tom close nyinshi za mbere nka MBWIRA yaririmbemo chorus. Bivuze ngo The Ben yararirimbaga ariko izina rye ntiryavuzwe. Ikiri ukuri ahubwo ni uko The Ben we avukana na Green P wo Tuff Gangz.
The Ben yadutangarije ko ubu mu muziki we nta Manager afite uretse ko yagiye agira mahirwe akabona abantu bamufasha. Kugeza kuri ubu The Ben amaze gusohora album imwe yariho indirimbo 12, ariko abaze na featuring The Ben afite indirimbo zigera kuri 20. Kuri ubu The Ben arimo gukora kuri album ye ya kabiri izaba ariho indirimbo yaririmbanye na Cindy wo muri Blue 3, izaba yitwa AWE.
The Ben twamubajije abahanzi yaba akunda hano mu Rwanda atubwira Miss Jojo na Meddy. Indirimbo eshatu akunze ubu ni Kwicuma(Tuff Gangz), Amayobera(Meddy) n'Umunsi umwe(Passi). Mu buzima busanzwe The Ben yatangaje ko akunda IMANA,akunda kuganira("nkunda akavuyo"), akunda abantu. Mu bijyanye n'imyidagaduro akunda Football ndetse no kwoga.
Kuva inyarwanda.com yatangira nta ndirimbo urakinwa cyane nk'indirimbo ya The Ben AMAHIRWE YA NYUMA ubu imaze gukinwa inshuro 8360 kugeza kuri uno munota. The Ben yabajijwe icyo abitekerezaho atumbwira ati"biranshimisha cyane kuko ndacyeka ko atari no mu rwanda gusa bakunda umuziki wanjye ahubwo ubu usigaye ugera ku isi hose, ndashimira inyarwanda.com."
The Ben yaganirijwe kuri launching ya album ye ya mbere
Nk'uko mu bizi mu by'umweru bibiri bishize The Ben yari afite Launch ya Album ye yamber yitwa AMAHIRWE YA MBERE, ariko ntiyaje kuyikora kubera ibibazo by'umutekano na police. The Ben yatangaje ko mu by'ukuri we yari yaratakaje imbaraga nyinshi ngo azashimishe abakunzi be, ashaka ibyangombwa bya stade; arangije ku munota wa nyuma ntiyaririmba. The Ben ati "Byarambabaje cyane kubera ko nari naravunitse mbitegura, kandi nkaba narumvaga ndengana kuko nari mfite ibya ngombwa, ariko ku rundi ruhande narishimye kuko sinari nizeye ko nshobora kuzuza stade yose arijye baje kureba"
The Ben yabajijwe niba ashobora kuzakora iriya launch bwa kabiri kuko iya mbere atayikoze nk'uko yabishaka maze ibiutbwira muri aya magambo: "Amahirwe ya mbere yo yarangije kuba launched, ntabwo ndimo gutegura kongera kubikora ahubwo ndimo gutegura album ya kabiri, ariko mbere yayo njye nzakora igitaramo cyo guhoza amarira amakunzi banjye bose."
Ibi nibyo twashoboye kubabonera kubari barabajije ibizazo byinshi cyane kuri The ben.
tuyishime on 2009-09-12 " muzamumbwirire ben ngo yihangane cyane kugera kure siko gupfa turikumwe"
divine on 2009-09-03 "the be,u have to be loved bcz u're so blessed and the 2nd u're cute.contunue u'r one step and God'll step 99 ok,we're behind u.be blessed man we love u so much.we still wait u'r new music"
CLARISSE on 2009-09-03 "Sha The BEN arakunzwe cyane kdi ni mugihe reka tumukunde kuko azi icyo ashaka. gusa music ntabwo ihagije ndumva byaba byiza yongereye amashuri. kdi gushaka niko gushobora.azatere intambwe imwe Imana izamuterere 99.courage ok bye "
CLARISSE on 2009-09-03 "Sha The BEN arakunzwe cyane kdi ni mugihe reka tumukunde kuko azi icyo ashaka. gusa music ntabwo ihagije ndumva byaba byiza yongereye amashuri. kdi gushaka niko gushobora.azatere intambwe imwe Imana izamuterere 99.courage ok bye "
jules nshimiyimana on 2009-09-02 "turashako the ben aza mu ruhengeri kuko icyo abahanzi benshi batazi nuko muruhengeri ariho habarizwa abakunzi ba music cyane kurusha ahandi kandi byumwihariko acet imanzi tuifurije abahanzi good future ok "
jessica on 2009-08-31 "in my life! i like your songs, but i hope i see u face to face if i come in ruanda, "
sissy on 2009-08-19 "icyo navuga kuri the ben nuko mukundaq sana.ikirenze nuko nanamumenye mbere yuko aba umustar kuko twiganye muri apade.gusa niba bishoboka mwamudusabira his email kugirango tuvugane nawe.thnx"
clementine on 2009-08-19 "inyarwanda.com ndabashimira cyaneeeeeeeee nkunda ben cyaneeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee avec toute mon coeur sha imana ijye imuha umugisha mubye byoseeeeeeeee"
on 2009-08-18 "kuki the ben mu bantu akunda atavugamo tom close kandi nawe
ari mu bantu yazamukiyeho"
pichou on 2009-08-18 " the ben ndakwemera bya hatari wangu kabisa komereza aho too ok thanks "
Billbro on 2009-08-17 "Nitwa BILLBRO,how can i put my song on this website?i`m RNB artist.thank u have nice job."
uwitonze clement on 2009-08-17 " Man wakwihanganye
ukazakoresha indi launch
muri vacance.Kuko natwe
ntabwo byadushimishije nagato.Kandi turagukunda! "
uwitonze clement on 2009-08-17 " Man wakwihanganye
ukazakoresha indi launch
muri vacance.Kuko natwe
ntabwo byadushimishije nagato.Kandi turagukunda! "
mc on 2009-08-17 "uko byagenda kose the ben turamukunda nkuko duhora yubivuga tukuri inyuma the ben never give up.you are not alon we are together like black peoples is your friend c.niba bishoboka mwaduha ama picture yose ya the ben nko kuri google tukayatunga. bye"
patrick on 2009-08-17 "I really like this guy.just he has to work hard kugirango album ya kabiri izasohoke fresh."
rugema jean paul on 2009-08-17 "Nange ni ukuri nkunda the ben byasaze!!Ndi umunyeshuri muri universite y`i kibungo muri bacc1.nababajwe no kuba atarashyize ahagaragara album ye ya1.ese byararangiye cg azasubiramo?. kabisa tumuri inyuma."
Joyce on 2009-08-17 "eh bane twebiraturenga!!! gusa mumuduhere courage
thx"
Nzaramba on 2009-08-17 " uwomutipe ngo ni The Ben njyewe arandenze kuko akora ibyo umutima wanjye wifuza mubanyarwanda"
obama on 2009-08-17 "tukurinyuma"
Benny on 2009-08-16 "The Ben, ndakwemera trop kuburyo ,kuri iyi website iyo nyifunguye niyumvira amahirwe ya nyuma gusa.muri launching yawe nari mpari,amarira twarayihanaguye sauf que uracyafite andi mahirwe kuko yo voice is so special . like u..."
Alba on 2009-08-16 "The Ben ufite ijwi nagereranya nkirya ENRIQUE IGLESIAS komeza ushimishe abafana ubahimbira uturirimbo dusobanutse nka Amahirwe ya nyuma.turacyategereje Lounch yawe yaalboum ya 2.The Ben uri umwami wa R&B courage."
Cisco Gigabyte on 2009-08-16 "Hi ma Hommie De Ben! i like you so much plus all ya music songz. but i need yo number cuz i need yo help for featuring me man. i got a new song i wanna put out and hope it will be more educative to our Rwandan musicians and the whole society atlarge. so i need yo pliz, if you happen to Read comments on this site, here is my email: kurimtn@yahoo.com, my cell phone number is 0788 40 33 44. thank you hope to get in touch with ya."
men &man on 2009-08-16 "ewana hari cyonibaza aba prentors bokumaradio priv mbona batuzuza innshinganozaboneza cyanene aba show biz bikosore kabisa nibitaba ibyo rya tegeko ntiribasiga.guys u be bonest & take care.big up inyarwanda.com"
rich on 2009-08-16 "u are a good musician ariko gabanya kwiyemera, kuko ushobora kwisanga ahantu ha fo!"
zahra on 2009-08-15 "hi.the ben uri uwambere muri R&B komereza aho.big up"
celestine on 2009-08-15 "the ben ndamukunda cyane ni umu star wambere kuri njye. the ben komereza aho tukuri inyuma nka banyeshuri ba liquidnet family high school@ASYV I wanna tell you hello and go away."
alooys on 2009-08-15 "hello!!!Twishimira amakuru mutujyezaho namateka yabahanzi bacu cyane cyane The Ben Mubyukuri uyu the Ben ibyakora arabizi mujyana ye ya R&b gusa byaba byiza mugiye mudushyiriraho The ben«LYRICS EACH ALBUM)ndetsenabandi nka TOM CL kuko tuba ducyeneye kuzimenya mumagabo.gusa turamukunda pe!!! twababajwe niriya Launch itarabaye ariko nahumure tumuri inyuma kandi courage nategure Launch ya2 neza kandi imana izabimufashemo I lve u so mch!!!!Gd blss u"
alooys on 2009-08-15 "hello!!!Twishimira amakuru mutujyezaho namateka yabahanzi bacu cyane cyane The Ben Mubyukuri uyu the Ben ibyakora arabizi mujyana ye ya R&b gusa byaba byiza mugiye mudushyiriraho The ben«LYRICS EACH ALBUM)ndetsenabandi nka TOM CL kuko tuba ducyeneye kuzimenya mumagabo.gusa turamukunda pe!!! twababajwe niriya Launch itarabaye ariko nahumure tumuri inyuma kandi courage nategure Launch ya2 neza kandi imana izabimufashemo I lve u so mch!!!!Gd blss u"
Houssen on 2009-08-15 "Hi! Turabakunda cyane nka "inyarwanda.com"nkaba nakunda umuhanzi the ben nkaba mubwira nti courrage tumuri inyuma nka ba fans be."
olga on 2009-08-14 "wow...The BEN komereza aho jye nzajya ngusengera Imana igumane nawe aho uri hose because you some one special to him and to us!!!courage"
winny on 2009-08-14 "courage Ben!!!!!!!!!!humura Imana iragukunda yaguhaye impano nziza!! uri umuhanzi pe!!!ntushakisha!!!uzakomeze uyikunde,uyubahe,nayo izakubahisha no kurushaho!!!ndakwemera sana sana!!!Big up the Ben.........."
umutoni clarisse on 2009-08-14 "courage."
ishimwe on 2009-08-14 "nkunda the ben cyane kubera indirimbo ze.ariko twifuzaga amakuru ya Meedy.ok thanks"
MUNEZERO on 2009-08-14 "UKORA INDIRIMBO NEZA"
egide on 2009-08-14 " hello man nizere ko the ben atacika intege biriya byabaye byararagiye ahubwo nakore iyo album ye ya 2 baze ayitwereke.izabe nziza cyane nkiya mbere courage the ben"
gakire athanase on 2009-08-14 "hi guys ,nkunda muzika nyarwanda especially in this music indastrial-evolution in Rwanda that i can say100/100 that have caused by the radio presenters especially those of privet radios, LETme say thank you to:skizy,pacson,ziggy55,vict fid,patrick kanyamibwa.
"
gilbe on 2009-08-14 "morning all fans of THE BEN
morning all gorup INYARWANDA .COM
ndabashimiye kubyo mutubwiye kuri MR THE BEN ,ndamukunda ,ndamwemera cyaneeeeeeeeee,azakomereze aho ,arenze ho ,NIZEYEKO IBYIZA BIRI IMBERE .
thx namwe inyarwnda .com
thx"
jimmy on 2009-08-13 "Yes man!THE-BEN tumuri inyuma niyo ijuru ryakwihindukiza pe.Big up to him......."
vava keza on 2009-08-13 "thks inyarwanda.com
ben u da best we are suporting u
uzakore igyitaramo wakoze cyababaje benshi u not
de only one who cry"
olga on 2009-08-13 "ok murakoze cyane kutugezaho amateka yumuhanzi wacu ariko se ko mumisi ishize twunvaga ko alexi muyoboke ariwe maneger we akaba avuze ngo ntawe afite byaba byaragenze gute?nukuri ben urakundwa cyane kurizo mpanvu ujye wishira mumaboko yimana ihe umugisha ibihangano byawe kdi tukurinyuma.jah bless.peace!!!!!!"
kp the brain on 2009-08-13 "ok!!! nibyiza kutubwira amateka ya the ben ariko mujye mugerageza nko kumuhanzi avuge ibyo yasubiramo kuko ntibigaragara neza iyo mutubwira amateka yumuhanzi akanyurana nayo kuri radio runaka. ibyo byerekana ko ari nkumukino gufata ibuntu uko mubishaka. ndi sure ko aya makuru mutubwi harimo ibinyuranye nibyo yavuze muri enterview. murakoze byaba byiza munsubije."
muhayimana claude on 2009-08-13 "
courrage vraiment tu seras un chanteur distingue
bons moments
ton fan claude kimisagara
ciao"
KaWaillers on 2009-08-13 "The ben kabisa video wakoze narayemeye pe , kabisa waratwemeje warahi!!!!"
Richard on 2009-08-13 "Mwambonera zimwe mundirimbo za King of HIP HOP MC MAHONIBONI
"